Perezida Kagame aravuga ijambo ry’ibanze kuri siyansi mu kigo - TopicsExpress



          

Perezida Kagame aravuga ijambo ry’ibanze kuri siyansi mu kigo cyitiriwe Abdu Salam Perezida Kagame ni we uravuga ijambo ry’ibanze mu isabukuru y’imyaka 50 y’ikigo mpuzamahanga ku Bugenge cyitiriwe Abdu Salam (International Center for Theoretical Physics) kuri uyu wa Mbere I Trieste mu Butaliyani. Iki gikorwa cy’iminsi ine, kizizihizwa amahanga yishimira imyaka 50 amaze afatanya mu guhaha ubumenyi ndetse n’uruhare ubumenyi bwagize mu guteza imbere abatuye Isi. Kiritabirwa n’igikomangoma cyo mu bwami bwa Jordan El Hassan bin Talal, uwatwaye igihembo cya Nobel mu 2004, David Gross, Carlo Rubbia, n’umukuru w’ikigo cy’ubushakashatsi ku ngufu Atomic Energy Commission muri Pakistan, Ansar Parvez. igihe/amakuru/u-rwanda/article/perezida-kagame-aravuga-ijambo-ry
Posted on: Mon, 06 Oct 2014 11:20:34 +0000

Recently Viewed Topics




© 2015