Kuri uyu wa 08/07/2014, muri G.S DIHIRO, hatangijwe ku mugaragaro - TopicsExpress



          

Kuri uyu wa 08/07/2014, muri G.S DIHIRO, hatangijwe ku mugaragaro itorero ryigihugu ryabanyeshuri biga mu mwaka wa 6 bo mu murenge wa GASHORA. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wUmurenge Bwana MUYENGEZA Jean de Dieu ari kumwe SEO, Ubuyobozi bwa Police, ubwa G.S DIHIRO nabarezi ni bo bafashije mu itangizwa ryaryo. Amasomo yatanzwe ni: ~Amateka yu Rwanda(Na Gitifu wumurenge) ~Amateka yitorero ryigihuga mu kubaka ubunyarwanda(Umutahira: NSHIMYUMUREMYI J. Damascène) ~Ubunyarwanda nubwenegihugu nyarwanda(Umuyobozi witorero:DUSHIMIYIMANA Ildephonse) Gahunda yiri torero iramara iminsi ibiri, ikazakomeza nyuma yibizamini bya Leta.
Posted on: Thu, 07 Aug 2014 11:41:46 +0000

Trending Topics



Recently Viewed Topics




© 2015