Mu gie umunsi wanyuma wo kuba buri mufatabuguzi yamaze kwandikisha simcard ye ari none kuwa 5 nyakanga, 90.4 % by’abafatabuguzi b’ibigo by’itumanaho rikoresha telephone zigendanwa mu Rwanda, nibo bamaze kwandikisha simcards zabo, mu gikorwa cyatangiye tariki ya 04 gashyantare. Guhuza simcard y’umuntu n’umwirondoro we, ngo byakozwe mu rwego rwo kubungabunga umutekano no gukumira ibyaha muri rusange, gusa hari ababifata nk’uburyo bwo kumviriza ibiganiro byabo kuri telephone. Abandi bakemeza ko ntacyo babona bimaze,ni mu kiganiro BIRAVUGWA KU Isango Star.
Posted on: Wed, 31 Jul 2013 06:10:58 +0000