Reka tugire icyo tuvuga kuri iki kintu..!!murabizi neza ko - TopicsExpress



          

Reka tugire icyo tuvuga kuri iki kintu..!!murabizi neza ko Abahanzi bagize Label ya Kina Music bari bafite igitaramo i Burundi,kandi na none ndacyeka bizwi neza ko ku itariki 31 Ukuboza 2014 Urban Boys izaba iri nayo mu Burundi mu Rwego rwo gushyira hanze ku mugaragaro Album yabo ya 5 bise Tayali,gusa ikintu kiri kuvugwa ubu ngo ni uko Kina Music ikimara kugera mu Burundi yahise imanura ibipapuro byose byari byamanitswe byamamaza igitaramo cya Urban Boys mu Burundi..!ese mwe mubona hano Kina Music yari ishatse kwerekana iki kuri Urban Boys...!!?IGITEKEREZO CYAWE KIRAKENEWE.
Posted on: Sun, 28 Dec 2014 07:39:46 +0000

Trending Topics



Recently Viewed Topics




© 2015