nyuma y’uko indirimbo ye ije ku mwanya wa 14 muri afrika Man - TopicsExpress



          

nyuma y’uko indirimbo ye ije ku mwanya wa 14 muri afrika Man Martin agiye gukoresha consert muri Serena hotel Uyu muhanzi umaze kumenyerwa mu bitaramo bikomeye hano mu Rwanda mu minsi irimbere aritegura igitaramo yise MAN Martin Live 2013. Bizaba ari mu rwego rwo kubasogongeza kuri Album ye My Destin ya 5 yitegura kumurika mu misni iri mbere aho atanga DVD y’indirimbo ziri kuri album mu mashusho. Uyu muhanzi kandi avuga ko kubijyanye n’urukundo ahagaze neza cyane ndetse yemeza ko urukundo akundana na Priscila bakunze kumushyingira ko ari urw’ukuri n’ub wo abantu babifata uko bashaka.
Posted on: Sat, 27 Jul 2013 11:44:38 +0000

Trending Topics



Recently Viewed Topics




© 2015