Naje munyitege: Umukecuru yagiye kubitsa amafaranga muri - TopicsExpress



          

Naje munyitege: Umukecuru yagiye kubitsa amafaranga muri banki agezeyo asaba kubonana n’umucungamari (gerant ) wa banki, babanza kumwangira ariko arahatiriza avuga ko we afite amafaranga menshi adashobora kuyabitsa atabonanye na ‘gerant’ wa banki. Umukozi aremera amujyana mu biro bya gerant, gerant aramubaza ati: “Mukecuru ayo mafaranga uvuga ko ari menshi ni angahe?” Akurayo isakoshi ati: “ngaya ni miliyoni ebyiri z’amadorari” (2.000.000 $). Gerant aratangara cyane ati: “ubwo ukora iki ku buryo waba ubona amafaranga menshi gutya?” Umukecuru ati: “ni ayo nsindira abantu tuba twateze, tugapinga ayo mbatsindiye nkayatwara.” Gerant biramutangaza ati : “ubu se muba mwategeye nk’iki?Wampa urugero?” Umukecuru ati : “urugero nk’ubu dushobora gutega nemeza ko amabya yawe akoze mu ibumba tugashyiraho 20.000 by’ amadorari utsinze undi akayatwara.” Gerant raseka cyane ati : “ubwo se ko uba upingiye ibitari ukuri utsinda ute?” Umukecuru ati: “niba wumva watsinda tubitegere?” Gerant aremera baratega yizeye ko azatsinda kuko yari azi neza ko amabya ye adakoze mu ibumba, ndetse arabanza akoraho ngo yumve niba batamuguraniye. Bahana gahunda ko ejo saa yine buri wese azazana umuhagarariye bakareba utsindira ayo madorari 20.000$ . Iryo joro gerant ntiyasinziriye yaraye yisura ngo arebe neza koko ko izo gahunda ze zitaba zabaye ibumba. Agakorakora agasanga nta kibazo. Bucyeye nkuko bari bumvikanye umukecuru aza saa yine azanye n’umuhagarariye abaza gerant niba atisubiyeho. Gerant ati: “gahunda ni yayindi. Umukecuru ati : “ngaho iyambure.” Gerant n’icyizere kinshi amanura ipantaro kuko icyari kimushishikaje byari ibyo bidorali. Nuko umukecuru aregera ati: “ubu rero ngiye gukorakora numve ko atari ibumba.” Gerant ati: “kora aho ushaka hose icya ngombwa ni uko insinzi nyitahana.” Umukecuru arayakorakora buhoro buhoro akayaterura ayahindagura.impande zose yitonze. Akiri muri ibyo ariko Gerant abona wa muntu wazanye n’uwo mukecuru arira yihonda ku nzu. Gerant abaza uwo mukecuru ati : “mukecuru ko ndeba wa mugabo mwazanye arira? Umukecuru ati: “buriya buriya ararizwa n’uko mutsindiye amadorari ibihumbi ijana (100 000$) , twari twategeye ko uyu munsi saa yine ziri bugere mfashe mu ntoki zanjye amabya ya gerant wa banki.” Nuko Gerant atsindira 20 000$, naho umukecuru atwara 80 000$. imihigo
Posted on: Fri, 23 Aug 2013 20:51:11 +0000

Trending Topics



Recently Viewed Topics




© 2015