abenze abasore batagira ingano arongorwa n’ inzoka Umukobwa - TopicsExpress



          

abenze abasore batagira ingano arongorwa n’ inzoka Umukobwa wari afite uburanga bwakururaga abasore benshi, ariko ntibamunyure kugera aho yabenze abasore mirongo 50, ariko icyaje gutangaza buri wese ni uko byarangiye uwo yemeye amukurikiyeho amafaranga n’ ubutunzi yamubonagaho yaje kumurongoza inzoka >>Amakuru Yose>>Hirya no Hino>>Hanze y’u Rwanda Posted: 8/08/2013 07:14 42 41 0 Google +0 0 Umugandekezi uzwi ku izina rya Barbie wigaga muri kaminuza imwe yo muri iki gihugu wateretwaga n’ abasore benshi akabanga ndetse akanabasuzugura, yaje gukunda umwe w’ umukire nyamusore aza no kugurira imodoka ya nkumi maze iraryoha cyane iti: ”umusore ni uyu.” JPEG - 22.6 kb Kubenga si byiza kuko bishobora kugukururira urupfu Byaratinze barya inoti, ariko umusore akirinda kuba yamusaba ko bakorana imibonano, ariko nyamukobwa nawe bikamutera inkecye acyekeka ko umusore intama yaba yaramukandagiye no mubyo bakoraga byose umusore ntiyari yarigeze asaba umubobwa ko yamusura iwe kandi umukobwa yarabyifuzaga. Hashize igihe bari mu rukundo, nibwo yaje kubwira umukobwa ati uyu munsi ndakujyana murugo iwanjye urebe aho uzaba, umukobawa biramunezeza cyane ataziko ari urupfu rumubungamo. Ubwo bageraga iwe inkumi yatunguwe n’ ibintu yahasanze n’ imodoka ziparitse aho mugipangu. Ibyishimo byakomereje mu buriri umukobwa yemerera umusore ko bakora imibonano kuko yari amwizeye bihagije, umusore ati, hari umuntu ugiye kuza akurongore mu mwanya wanjye undi agirango ni amashyengo, akokanya haza inzoka nini ayikubise amaso amera nkuguye igihumure. Ariko inzoka ntibyayibujije kumurongora irangije yiciraho, maze umusore abwira umukobwa ati, uzagira uwo ubibwira nirwo rupfu rwawe, muri iryo joro yaramuteruye aragenda amujugunya mukiraro arigendera abandi bahamusanze mugitondo bamujyana kwa muganga, ariko indwara irabura. Yakomeje kuba murugo aza koroherwa kugera ubwo atangiye kuganira na nyina, maze amusobanurira ibyamubayeho byose, akirangiza kubimubwira ahita anogoka kuko umusore yari yaramubwiyeko nagira uwo abibwira azapfa. Abakobwa murabe mwumva, wa mugani w’ Abanyarwanda ngo “utunda mu ibagiro ugacyura ibihaha utazabafata.” - See more at: imirasire/?Uganda-Yabenze-abasore-batagira#sthash.jo3ItZY0.dpuf
Posted on: Sat, 10 Aug 2013 10:58:07 +0000

Trending Topics



Recently Viewed Topics




© 2015