Ubundi ngo Riderman ntiyasubijwe muri gereza ejo ahubwo umunsi akora accident yarafunguwe bukeye ahita asubizwamo, kugeza ubu ngo ari mu maboko ya Pariki aho arimo gukorerwa dosiye, bimwe mu byemezo azafatirwa bizajya ahagaragara ejo, gusa ibivugwa ko yazahanishwa biraremereye pe! SOMA INKURU IRAMBUYE HANO: inyarwanda/articles/show/RwandanNews/ umuhanzi-riderman-ari-muri-gereza-ndetse-yamaz e-no-gushyikirizwa-parike-59473.htm
Posted on: Tue, 05 Aug 2014 11:21:39 +0000
Trending Topics
Recently Viewed Topics
© 2015