ICYIZERE CYO KUBAHO MU RWANDA CYIYONGEREYEHO IMYAKA 22 KUVA MU - TopicsExpress



          

ICYIZERE CYO KUBAHO MU RWANDA CYIYONGEREYEHO IMYAKA 22 KUVA MU 1962 Ubushakashatsi bwagutse bwatewe Inkunga n’Umuryango Fondation Gates bwashyize u Rwanda mu bihugu byo ku Isi biri mu murongo utangaje mu bijyanye n’ubuzima rusange, aho icyizere cyo kubaho cyiyongereye mu buryo budasanzwe cyane cyane nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Bivugwa ko imyaka yo kubaho yiyongereyeho imyaka 22 guhera ubwo u Rwanda rwabonye ubwigenge mu 1962. Iki cyegeranyo kigararaza ko kuri ubu Umunyarwanda afite amahirwe yo kurama imyaka isaga 64,5 aho mu myaka icyizere cyo kubaho cyavuye ku myaka 51,2. igihe/amakuru/u-rwanda/article/icyizere-cyo-kubaho-mu-rwanda
Posted on: Fri, 26 Dec 2014 07:39:52 +0000

Trending Topics



Recently Viewed Topics




© 2015