Ababyeyi bafite abanyeshuri biga mu mashuri makuru na za kaminuza - TopicsExpress



          

Ababyeyi bafite abanyeshuri biga mu mashuri makuru na za kaminuza batuye mu murenge wa Kanzenze, mu karere ka Rubavu, baratabaza inzego zibifitiye ububasha ngo zibakemurire ibibazo byo guhindurirwa ibyiciro by’ubudehe. Ibyo byakozwe ubuyobozi bw’umurenge bugamije kwerekana ko nta batindi bafite nk’abantu bagezweho na gahunda ya VUP. Mu mudugudu wa Kabari, mu kagari ka Nyamikongi haravugwa abatishoboye ku buryo bugaragara, nk’uko bivugwa n’abaturage bisanze mu byiciro bitandukanye birimo icya gatanu, nyamara bari mu cyiciro cy’abatishoboye. igihe/amakuru/muri-afurika/u-rwanda/article/kanzenze-gitifu-yahimbye-ibyiciro
Posted on: Sun, 04 Aug 2013 08:32:54 +0000

Trending Topics



Recently Viewed Topics




© 2015